Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda biteganyijwe ko asoza amasomo y’abofisiye bato...
Bamwe mu batujwe mu mudugudu w’ikitegererezo wa Rugabano mu karere ka Karongi bavuga ko bibagora kubona aho biherera kubera ko ubwiherero bubakiwe bwazibye. Ni...
Bimwe mu bigo by’amashuri byo mu karere ka Nyamasheke, bihangayikishijwe no kwigisha isomo ry’ikoranabuhanga mu gihe nta muriro bifite, abandi bakaba badafite za mudasobwa zo...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangaje ko hari ubwoko bune bw’imiti y’inkorora bushobora kuba bufitanye isano n’impfu z’abana 66 mu gihugu cya Gambia....