Guverinoma y’u Rwanda yahumurije abahinzi ku izamuka ry’ibiciro by’ifumbire mvaruganda
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yavuze impamvu zitandukanye zatumye ibiciro by’ifumbire mvaruganda byiyongera zirimo n’icyorezo cya vovid-19 cyahungabanyije ubukungu bw’Isi, ariko kandi yahumurije abahinzi ababwira...