Guverinoma y’u Rwanda yijeje abanyarwanda ko ikibazo cy’izamuka ry’igiciro cya gaz kirimo kuvugutirwa umuti, ni nyuma y’aho bamwe mu bayikoresha basabye ko ibiciro bigabanywa. Kugeza...
Abaturage bo mu karere ka Rulindo bahangayikishijwe n’inyama barya batazi aho zibagirwa zirimo n’izibagira mu rutoki no mu gacaca. Bavuga ko bishimira ko hafunguwe ibagiro...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu Umuryango Imbuto Foundation wizihije Isabukuru y’imyaka 20 umaze ushinzwe. Ibirori byo kwizihiza iyi sabukuru byabereye muri Kigali Convention...
Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo mu Rwanda imaze gusinya amasezerano yo kohereza abakozi mu gihugu cya Qatar mu gihe iki gihugu cyitegura kwakira ibikorwa bikomeye nk’igikombe cy’isi...
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rilima haravugwa inka zamaze iminsi itatu zarafungiwe mu isoko ry’Umurenge wa Rilima nyuma yo gufatwa zonnye mu byatsi...
Mu nama Nkuru y’Igihugu y’abana ya 15, abana basabye inzego zitandukanye kongera imbaraga mu kurwanya amakimbirane yo mu miryango no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana kuko...