Leta ya Tanzania yaraye itangaje ko abakobwa babyaye bari mu kigero cy’imyaka yo kuba bari mu ishuri bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka...
Umugabo witwa 28 yitwa Mattia Villardita, akaba yariyemeje gufasha no gusura abana barwariye mu bitaro mu gihugu hose. wisanisha na Spider-Man, wamenyekanye mu mafilimi y’amakabyankuru,...
Indege bwite yari iya Muammar Khadafi wabaye umukuru wa Libya yaguye mu murwa mukuru Tripoli nyuma y’imyaka hafi 10 ibitswe kandi yitabwaho mu Bufaransa, nk’uko...
Umwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Uganda yitabiriye imikino ya Olympiques yabaye uwa mbere basanzemo Covid-19 ageze mu Buyapani muri iyo mikino iteganyijwe gutangira ku...
Israel yavuze ko amahanga akwiye kugira impungenge zikomeye kubera itorwa rya Ebrahim Raisi nka Perezida mushya wa Iran. Lior Haiat, umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga...
Kenneth Kaunda yari umwe mu batangije Africa nshya, ubwo ibihugu byikizaga ubukoloni bikagira ubwigenge. Umugabo w’ubumuntu bukomeye, yashimwaga nk’umwe mu bavuguruye Africa nubwo bwose mbere...
Israel ivuga ko yarashe ibirindiro bya Hamas muri Gaza ikoresheje indege, mu kwihimura ku bipurizo bitera inkongi z’umuriro byavuye muri ako gace. Ibintu biturika byumvikanye...
Umugabo w’imyaka 76 bikekwa ko ari we muntu wari ukuriye umuryango w’abantu benshi kuruta indi ku isi yapfiriye muri leta ya Mizoram mu Buhinde. Ziona...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yashishikarije Banki Nkuru y’igihugu kwitegura ikoreshwa ry’amafaranga yo mu ikoranabuhanga. BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko ku cyumweru, Perezida...
Minisitiri w’intebe mushya wa Israel Naftali Bennett yasezeranyije kunga ubumwe bw’igihugu cyacitsemo ibice kubera impagarara muri politiki zo mu myaka ibiri ishize zatumye habaho amatora...