Perezida Kagame yavuze ku cyerekezo 2050 aho Umunyarwanda azaba yinjiza nibura miliyoni zirenga 12 ku mwaka
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwahisemo gushyira umuturage ku isonga kugira ngo rubashe kugera ku byerekezo rugenda rwiha birimo n’icya 2050...