Umupira Diego Maradona yari yambaye atsinda igitego cy”Akaboko k’Imana’, n’ikiratwa nk”igitego cy’ikinyejana’, ubwo Argentina yatsindaga Ubwongereza mu mukino w’igikombe cy’isi mu 1986, wagurishijwe muri cyamunara...
Manchester City yahuye na kumwe mu guhirima gukaze kubayeho kugeza ubu mu mateka ya Champions League, ubwo Real Madrid yayigaranzuraga ivuye mu manga, igakatisha itike...
Abakinnyi b’ibyamamare mu ikipe ya (PSG), Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Draxler, bageze i Kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30...
Rutahizamu wa Manchester United Cristiano Ronaldo yasabye imbabazi nyuma yuko hatangajwe videwo imugaragaza nk’umena telefone y’umufana. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, yaherekejwe n’amagambo avuga ko...
Buri muntu mu bagize ikipe y’igihugu ya Senegal yahawe igihembo cy’amafaranga n’ubutaka nk’ishimwe, nyuma yo kwegukana igikombe cya Africa cy’ibihugu. Mu birori byabereye ku ngoro...