Guverinoma yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi ari Frw 1359 ivuye kuri Frw 1256 bizatangira kubahirizwa tariki ya 04 Mata 2022...
Bamwe mu bahinzi b’ibibinyampeke mu Karere ka Nyagatare barishimira ko ubwanikiro hamwe n’imashini zumisha imyaka bahawe na MINAGRI bakigishwa no gufata neza umusaruro byabakijije ibihombo...
Abaturage bo mu Mirenge itandukanye yo mu Karere ka Burera bavuga ko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi ‘RAB’ cyabahaye imbuto y’ibigori ikabarumbira kuko yeze ubwatsi...
Abari mu mwuga w’ivunjisha bavuga ko muri iki gihe babona umubare w’abakenera amadovize ukomeza kwiyongera, ibintu bemeza ko bigira ingaruka ku ifaranga ry’u Rwanda. Abasesengura...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buvuga ko mu rwego kurushaho gukura abaturage mu bukene hongerwa umusaruro, biyemeje ko mu myaka ibiri iri imbere nta muturage wo...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Macuba no mu nkengero zawo baravuga imyato Ikigo cy’imari Umurimo Finance LTD kimaze imyaka 13 gitanga service z’imari...