Abari mu mwuga w’ivunjisha bavuga ko muri iki gihe babona umubare w’abakenera amadovize ukomeza kwiyongera, ibintu bemeza ko bigira ingaruka ku ifaranga ry’u Rwanda. Abasesengura...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buvuga ko mu rwego kurushaho gukura abaturage mu bukene hongerwa umusaruro, biyemeje ko mu myaka ibiri iri imbere nta muturage wo...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Macuba no mu nkengero zawo baravuga imyato Ikigo cy’imari Umurimo Finance LTD kimaze imyaka 13 gitanga service z’imari...
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yakuyeho ikiguzi ku ihererekanya ry’amafaranga hagati ya konti ya Banki n’iya Mobile Moneye by’umuntu umwe. Hari hashize igihe abaturage...
Abantu barenga miliyoni eshanu bagiye mu rwego rw’abatunze miliyoni z’amadorari ku isi mu mwaka wa 2020 nubwo habayeho ihungabana ry’ubukungu ritewe n’icyorezo cya Covid-19. Mu...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko mu gihembwe cya mbere cya 2021, umusaruro mbumbe w’Igihugu wiyongereye, ariko mu rwego rw’amahotel na za Resitora...