Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yakuyeho ikiguzi ku ihererekanya ry’amafaranga hagati ya konti ya Banki n’iya Mobile Moneye by’umuntu umwe. Hari hashize igihe abaturage...
Abantu barenga miliyoni eshanu bagiye mu rwego rw’abatunze miliyoni z’amadorari ku isi mu mwaka wa 2020 nubwo habayeho ihungabana ry’ubukungu ritewe n’icyorezo cya Covid-19. Mu...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko mu gihembwe cya mbere cya 2021, umusaruro mbumbe w’Igihugu wiyongereye, ariko mu rwego rw’amahotel na za Resitora...
Sosiyete y’ishoramali mu buhinzi n’ubworozi bukozwe n’ababigize umwuga Umujyojyo Investment Group Plc (UIG Plc) na Equity Bank byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire (MoU) agamije guteza...
Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Mininfra yatangaje ko hakozwe inyigo igaragaza ko hari ibirarane bya miliyari zigera kuri 17 zifitiwe abaturage, hakaba harimo gushakwa uko bakwishyurwa. Byagarutsweho kuri...
Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta y’umwaka wa 2019/2020 yamurikiwe abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, igaragaza ko umutungo wa Leta wanyerejwe cyangwa se amafaranga yakoreshejwe...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Karere ka Rusizi bimuriye ibikorwa byabo by’ubucuruzi i Bukavu muri Repuburika ya Demukarasi ya Congo bikavugwa ko bahunze imisoro ihanitse....