Dr Bihira yari yatawe muri yombi ku wa 26 Kanama 2021, aho byatangajwe ko akurikiranweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Umwe mu banyamategeko...
Safari George, Umworozi wo mu Murenge wa Karangazi wagaragaye mu mashusho aniga DASSO, yavuze ko yabitewe no kwirwanaho atari yabigambiriye, Ubushinjacyaha bumushinja gukubita no kubangamira...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 26/06/2021 rishyira ku wa 27/6/2021 mu mudugudu wa Nyarunazi, Akagari ka Musumba, Umurenge wa Nyamirama, Akarere ka Kayonza ho...
Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Kanama 2021, rwanze icyifuzo cyatanzwe na Agatha Kanziga, cy’uko atakurikiranwa ku ruhare...
Tariki ya  26/08/2021, Ubushinjacyaha bwagejeje imbere y’Urukiko umugore w’imyaka 47 y’amavuko, ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Kigoma,  bumusabira gufungwa by’agateganyo...