Abashakashatsi bo mu kigo Kenya Medical Research Institute (Kemri) bavuga ko babonye ubwoko bushya bw’imitezi (Gonorrhoea) budahangarwa n’imiti isanzwe ya antibiotics, kandi burimo gukwirakwira mu...
Kompanyi yo muri Nigeria yitwa Klasha yashyizeho itegeko rishya ryemerera abakozi bayo gufata ikiruhuko mu gihe bari mu mihango. Bivugwa ko ariyo kompanyi ya mbere...
Urubyiruko rurashishikarizwa kuba ku isonga mu guhangana na virusi itera SIDA ndetse no kwipimisha kugirango bamenye uko bahaze, abasanze baranduye bashishikarizwa guhita batangira gufata kandi...
Gusama nyuma y’amezi macye ukuyemo inda ku bw’impanuka cyangwa se ivuyemo ku bushake, ubushakashatsi bwagaragaje ko nta ngaruka zidasanzwe bishobora kugira ku mugore, igihe cyose...
Ubushakashatsi bwamuritswe na Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye na Enabel bwagaragaje ko 30 % by’urubyiruko bari hagati y’imyaka 15 na 24 batazi ko habaho uburyo bwo...