Image default
Mu mahanga

Ethiopia irashinjwa kwica abasirikare ba Sudani

Igisirikare cya Sudan cyashinje igisirikare cya Ethiopia kwica abasirikare barindwi ba Sudan hamwe n’Umunya-Sudan umwe w’umusivile cyari cyarafashe.

Itangazo ryatangajwe n’igitangazamakuru cya leta ya Sudan nta yandi makuru ryatanze.

Ariko ryavuze ko ubwo bwicanyi rivuga ko bwabaye, ari igikorwa cy’ubugambanyi, rivuga ko hazabo kwihimura.

Nta cyo uruhande rwa Ethiopia rwari rwatangaza ku mugaragaro.

Row between Sudan, Ethiopia erupts over border clashes

Ubushyamirane bushingiye ku mupaka bumaze igihe hagati y’ibi bihugu, bwongeye gukaza umurego muri iyi myaka ibiri ishize, hakaba haragiye habaho gukozanyaho mu karere ka al-Fashaga.

Sudan yanarakajwe no kuba Ethiopia irimo kubaka urugomero ku ruzi rwa Nil.

@BBC 

Related posts

Centrafrique: Umujyi wari ibirindiro by’inyeshyamba za François Bozizé wafashwe

Ndahiriwe Jean Bosco

Libiya:Unicef yatahuye abana bafunze

EDITORIAL

U Bufaransa: Umukuru w’ubutasi yirukaniwe kudateganya ko u Burusiya bwari gutera Ukraine

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar