Image default
Amakuru

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko mpuzamahanga, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Gicurasi na Kamena 2021 biguma uko byari bisanzwe. Leta ikaba yemeye kwigomwa amahooro yari asanzwe yakwa ku bikomoka kuri peteroli”.

 

Related posts

Guverinoma y’u Rwanda yahumurije abahinzi ku izamuka ry’ibiciro by’ifumbire mvaruganda

EDITORIAL

ARCT-RUHUKA Gives COVID-19 Relief Support to the Most Affected Families

Emma-marie

Kigali:Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu barabihakana

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar