Image default
Amakuru

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko mpuzamahanga, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Gicurasi na Kamena 2021 biguma uko byari bisanzwe. Leta ikaba yemeye kwigomwa amahooro yari asanzwe yakwa ku bikomoka kuri peteroli”.

 

Related posts

Nyamagabe: Igihano cyahawe abanyeshuri 54 ba GS Kigeme  ‘A’ cyateje impaka

EDITORIAL

Covid-19: Perezida Macron yakiranye yombi ikifuzo cya Selana Gomez  

EDITORIAL

Ibirayi byongerewe ubushobozi: Inyungu ku muhinzi no ku bidukikije

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar