Image default
Amakuru

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko mpuzamahanga, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Gicurasi na Kamena 2021 biguma uko byari bisanzwe. Leta ikaba yemeye kwigomwa amahooro yari asanzwe yakwa ku bikomoka kuri peteroli”.

 

Related posts

Bamwe mu borozi b’Ihene n’Intama mu buryo bwa gakondo bagaya umusaruro zitanga

EDITORIAL

Nyabihu: Sagahutu wakoraga inzoga yitwa ‘Dunda Ubwonko’ yatawe muri yombi

Emma-marie

Bugesera: Abaturage batishoboye bahawe ‘Udupfukamunwa’ na Manzi Fondation

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar