Image default
Amakuru

Leta y’u Rwanda yigomwe ‘amahooro’ y’ibikomoka kuri peterori

Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko mpuzamahanga, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Gicurasi na Kamena 2021 biguma uko byari bisanzwe. Leta ikaba yemeye kwigomwa amahooro yari asanzwe yakwa ku bikomoka kuri peteroli”.

 

Related posts

Rutsiro: Bamwe mu bagore bafite abagabo bagororerwa Iwawa babasuye

EDITORIAL

“Kwegereza abaturage Ibitaro bizamura icyizere cyo kubaho”

EDITORIAL

Nyaruguru: RIB yafunze gitifu n’abashinzwe ubuhinzi mu mirenge itatu

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar