Image default
Ubuzima

Minisante yabujije Itangazamakuru gutangaza ibiganiro by’ubuvuzi idahagarariwe

Minisiteri y’Ubuzima ‘Minisante’ ibinyujije ku rubuga rwa Twitter, yatangaje ko Itangazamakuru ribujijwe gukora ibiganiro by’Ubuvuzi cyangwa ibyerekeye imiti udahagarariye iyi minisiteri, ikigo cyangwa urwego byemewe na MInisante. Itangazamakuru rikaba ribujijwe kwakira no gutangaza ibiganiro by’abantu batari mu nzego zavuzwe haruguru.

Image

 

Minisante yakomeje ivuga ko “Birabujijwe kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi binyuze mu isakazamashusho, ibiganiro by’itangazamakuru, ibitabo, ubutumwa bushyizwe ku mihanda cyangwa ubundi buryo. Ibigo by’itangazamakuru bibujijwe gutangaza ibikorwa byo kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi.”

iriba.news@gmail.com

 

Related posts

Hatagize igikorwa abahitanwa na kanseri baziyongera

EDITORIAL

Kamena 2021: Ukwezi Covid-19 yahitanye benshi mu Rwanda

EDITORIAL

Mu Rwanda hagaragaye umuntu wa mbere urwaye Coronavirus

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar