Image default
Ubuzima

Minisante yabujije Itangazamakuru gutangaza ibiganiro by’ubuvuzi idahagarariwe

Minisiteri y’Ubuzima ‘Minisante’ ibinyujije ku rubuga rwa Twitter, yatangaje ko Itangazamakuru ribujijwe gukora ibiganiro by’Ubuvuzi cyangwa ibyerekeye imiti udahagarariye iyi minisiteri, ikigo cyangwa urwego byemewe na MInisante. Itangazamakuru rikaba ribujijwe kwakira no gutangaza ibiganiro by’abantu batari mu nzego zavuzwe haruguru.

Image

 

Minisante yakomeje ivuga ko “Birabujijwe kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi binyuze mu isakazamashusho, ibiganiro by’itangazamakuru, ibitabo, ubutumwa bushyizwe ku mihanda cyangwa ubundi buryo. Ibigo by’itangazamakuru bibujijwe gutangaza ibikorwa byo kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi.”

iriba.news@gmail.com

 

Related posts

Covid-19 yishe abantu benshi mu Rwanda

EDITORIAL

AstraZeneca yemeye ko urukingo rwayo rushobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu

EDITORIAL

Afurika ku isonga mu kugira umubare munini w’abantu biyahura

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar