Image default
Abantu

Padiri Sibomana Jerome yasezeranye n’umukunzi we

Umupadiri wa Diyosezi ya Cyangugu, Sibomana Jerome yasezeranye n’umugore we, Ngabire Teddy imbere y’amategeko, kuzabana ubudatana, nyuma y’uko asezeye ku bupadiri akiyemeza kuba umulayiki. Ni umuhango wabereye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye, ku wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022.

Padiri Sibomana yavuye mu gipadiri mu mwaka wa 2020, akaba yarakoze ubutumwa butandukanye muri Paruwasi ya Yove, Nkombo na Shangi i Cyangugu.

Akenshi bikunda kuba ibidasanzwe kumva ko padiri yiyambuye ikanzu akiyemeza gushaka umugore, bikunze kubabaza abakristu ndetse na bagenzi be bakoranaga umurimo w’Imana n’abasaseredoti bagenzi be, ariko bikaba byiza kumesa kamwe nk’uko bamwe mu bapadiri bajya babikora.

SRC:KT 

Related posts

Children with disabilities celebrated the 2023 festive season with IZERE MUBYEYI ORGANIZATION

EDITORIAL

Pegasus: Emmanuel Macron mu bavugwaho kunekwa hakoreshejwe iyi ‘software’

EDITORIAL

Umukobwa wa Perezida William Ruto yavugishije abanya-Kenya

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar