Image default
Politike

Perezida Kagame ari i Istanbul muri Turukiya (Amafoto)

Perezida Paul Kagame yageze i Istanbul muri Turukiya, yitabiriye inama ya Gatatu yiga ku bufatanye bw’iki gihugu na Afurika.

Ni inama itangira kuri uyu wa Gatanu ikazageza kuri uyu wa Gatandatu, yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma batandukanye bo ku mugabane wa Afurika.

Image

Kuri uyu mugoroba, Perezida Kagame uri muri Turukiya mu nama ya Gatatu yiga ku bufatanye bw’iki gihugu na Afurika, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’iki gihugu,Recep Tayyip Erdoğan byibanze mu kurushaho kunoza umubano w’ibihugu byombi.

Image

Photo: Urugwiro

Related posts

Intego za SDGs zishobora kutagerwaho ariko ntibivuze ko ejo hazaza haciriritse- Perezida Kagame

Emma-marie

U Rwanda rwamaganye“amagambo rutwitsi kandi atari aya kinyafurika”yavuzwe na Perezida w’u Burundi

EDITORIAL

Minisitiri w’ubutabera w’u Burundi ari mu Rwanda

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar