Image default
Politike

Perezida Kagame ari i Istanbul muri Turukiya (Amafoto)

Perezida Paul Kagame yageze i Istanbul muri Turukiya, yitabiriye inama ya Gatatu yiga ku bufatanye bw’iki gihugu na Afurika.

Ni inama itangira kuri uyu wa Gatanu ikazageza kuri uyu wa Gatandatu, yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma batandukanye bo ku mugabane wa Afurika.

Image

Kuri uyu mugoroba, Perezida Kagame uri muri Turukiya mu nama ya Gatatu yiga ku bufatanye bw’iki gihugu na Afurika, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’iki gihugu,Recep Tayyip Erdoğan byibanze mu kurushaho kunoza umubano w’ibihugu byombi.

Image

Photo: Urugwiro

Related posts

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Emma-marie

Abantu 24 bahamijwe ibyaha birimo iterabwoba no kwinjiza intwaro mu Rwanda

Emma-marie

Umutekano n’ubusugire by’u Rwanda bizahora birinzwe-Perezida Kagame

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar