Image default
Politike

RGB yasabye amadini n’amatorero kurinda abayoboke babo inyigisho zabayobya

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imiyoborere RGB, cyasabye abayobozi b’amadini gukangurira abayoboke babo kwirinda inyigisho zabayobya, ahubwo bagakurikiza amabwiriza yatanzwe ku rwego rw’igihugu ajyanye no kwirinda icyorezo cya  COVID9.

Ubutumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa Twitter rwa RGB mu gicuku cyo ku itariki ya 16 Werurwe bugira buti “Muri iki gihe u Rwanda n’isi yose bihanganye n’icyorezo cya COVID9, turasaba Abayobozi b’amadini n’amatorero gukangurira abayoboke babo kwirinda ubuhanuzi  n’imyigishirize byabayobya,

Turasaba buri wese gukomeza gukurikiza amabwiriza yatanzwe ku rwego rw’igihugu arebana no kwirinda no kurinda abandi Coronavirus,

RGB  iramagana inyigisho zose zatangwa zitajyanye  n’ukuri zishobora kuyobya abaturage zibajyana mu myifatire n’imigirire bidakwiye.”

iribanews@gmail.com

 

Related posts

2024: Igihe amatora ya Perezida n’ay’abadepite azabera cyamenyekanye

EDITORIAL

Gusura inzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi mu matsinda byabaye bihagaritswe

Emma-marie

U Rwanda n’u Burundi byahuriye mu biganiro bigamije ineza ku mpande zombi

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar