Image default
Abantu

Rutsiro: Uwimana ucyekwaho kwica umugore we yatawe muri yombi

Ubutumwa Polisi y’u Rwanda yanyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter mu gitondo cyo kuri uyu wa 29 Mata 2021 buragira buti “Mwaramutse, Twafashe Uwimana Jean Pierre ucyekwaho kwica umugore we amukubise umwase mu mutwe. Byabereye mu murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro. Ucyekwa afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Murunda mu gihe iperereza ririmo gukorwa n’urwego rubishinzwe.”

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Bosenibamwe yitabye Imana

Emma-marie

Bararwana inkundura ngo ibyo gusabwa icyangombwa cy’ubusugi mbere yo gushyingirwa biveho

EDITORIAL

Umupolisi wakatiwe urwo gupfa yashinje Joseph Kabila gutegeka iyicwa ry’impirimbayi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar