Image default
Abantu

Rutsiro: Uwimana ucyekwaho kwica umugore we yatawe muri yombi

Ubutumwa Polisi y’u Rwanda yanyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter mu gitondo cyo kuri uyu wa 29 Mata 2021 buragira buti “Mwaramutse, Twafashe Uwimana Jean Pierre ucyekwaho kwica umugore we amukubise umwase mu mutwe. Byabereye mu murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro. Ucyekwa afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Murunda mu gihe iperereza ririmo gukorwa n’urwego rubishinzwe.”

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Cameroun: Umukobwa wa Perezida Paul Biya yasabye abaturage kudatora se

EDITORIAL

Kayonza: Haravugwa umuturage wakubise Gitifu w’Akagari

EDITORIAL

Covid-19: Abagore b’i Musanze bakoraga imyenda mu bwoya bw’intama barataka igihombo

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar