Image default
Abantu

Umuhanzi Bruce Melodie na ‘Slay Queen’ Shaddyboo barafunze

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, yemereye Kigali today ko umuhanzi Bruce Melodie hamwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Shadyboo bafunze kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 hamwe no guteza urusaku.

Inkuru y’ifungwa ry’aba bombi yatangiye gucicikana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 10 Kanama 2020, kuri uyu wa kabiri nibwo inkuru yabyutse yabaye kimomo ko Mbabazi Shadia ukunda kwiyita ‘Slay Queen’ yatawe muri yombi ndetse n’umuhanzi Bruce Melody.

Shadyboo ni umwe mu bakobwa bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera ikimero cye.

Iyi nkuru turacyayikurikirana….

 

Related posts

Karongi: Impanuka ikomeye yahitanye umwe mu bayobozi b’Akarere

EDITORIAL

Kamonyi: Polisi yataye muri yombi abibye Moto

EDITORIAL

Evariste Ndayishimiye watorewe kuyobora u Burundi ni muntu ki ?

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar