Image default
Abantu

Umuhanzi Bruce Melodie na ‘Slay Queen’ Shaddyboo barafunze

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, yemereye Kigali today ko umuhanzi Bruce Melodie hamwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Shadyboo bafunze kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 hamwe no guteza urusaku.

Inkuru y’ifungwa ry’aba bombi yatangiye gucicikana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 10 Kanama 2020, kuri uyu wa kabiri nibwo inkuru yabyutse yabaye kimomo ko Mbabazi Shadia ukunda kwiyita ‘Slay Queen’ yatawe muri yombi ndetse n’umuhanzi Bruce Melody.

Shadyboo ni umwe mu bakobwa bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera ikimero cye.

Iyi nkuru turacyayikurikirana….

 

Related posts

Huye: Imbamutima za Uwamwezi winjiza agatubutse kubera Avoka

EDITORIAL

Gatsibo: Abaturage babiri barashwe mu “kaduruvayo” bateje ku Bapolisi

EDITORIAL

Yvan Buravan na Yanga batabarutse

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar