Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwibutso rwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 2500 y’Abatutsi bazize Jenoside yakore Abatutsi muri 1994. Ni...
Ubutumwa bwatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa RURA kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021 buragira buti “N’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byiyongereyeho 17% ku isoko...
Angeline Mukandutiye, umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina, yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumemyingiro, kiratangaza ko muri Kamena uyu mwaka kizatangira gutanga ibikoresho byo gutekeramo mu mashuri abanza bigera ku 2 643, mu rwego rwo kwihutisha...
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”....
Inzobere mu bijyanye n’ubuvuzi bw’indwara zo mu gutwi zivuga ko ubukurugutwa budakabije atari umwanda ahubwo bufatiye runini ubuzima bwo mu gutwi, bagatanga n’inama zijyanye n’uburyo...