Month : October 2022
“2030 u Rwanda ntiruzaba rugitumiza umuceri mu mahanga”
Uko imyaka igenda ishira indi igataha niko imyumvire Abanyarwanda bafite ku muceri igenda ihinduka. Hambere bumvaga ko umuceri ari ikiribwa cy’abakire, bakawurya kuri noheli no...
UR izahagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga ku mategeko agenga intambara
Itsinda ry’abanyeshuri batatu biga amategeko muri Kaminuza y’u Rwanda niryo rizahagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika ku by’amategeko mpuzamahanga agenga intambara. Tariki 15 Ukwakira 2022,...
Uhagarariye Congo muri UN yashinje u Rwanda gutwara ‘Ingagi n’inguge’ zabo
Uhagarariye DR Congo mu muryango w’abibumbye Georges Nzongola-Ntalaja yashinje u Rwanda, nta bimenyetso yerekanye, kuvana ingagi z’icyo gihugu mu mashyamba yaho bakazijyana mu Rwanda. Nzongola-Ntajala...
Nyamasheke: Hari ibigo byigisha ikoranabuhanga bitagira umuriro na mudasobwa
Bimwe mu bigo by’amashuri byo mu karere ka Nyamasheke, bihangayikishijwe no kwigisha isomo ry’ikoranabuhanga mu gihe nta muriro bifite, abandi bakaba badafite za mudasobwa zo...
Jenerali Muhoozi Kainerugaba yasabye imbabazi Perezida William Ruto
Jenerali Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda yasabye imbabazi Perezida William Ruto wa Kenya kubera ubutumwa aheruka kwandika kuri Twitter ko azatera icyo...
Karongi: Itorero Methodiste Libre ryinjiye mu rugamba rwo kurinda abana guta ishuri
Itorero Methodiste Libre conference ya Kibuye yatangiye guhunda yo guha abana bo mu miryango ikennye, ibiribwa, imyambaro n’ibikoresho by’ishuri mu rwego rwo kubakundisha ishuri. Ni...
US: Bamwe mu birabura barimo guhabwa impozamarira
Evanston, umujyi wo muri leta ya Illinois, ni ahantu harimo kubera ibintu bidasanzwe. Muri uyu mujyi uri mu majyaruguru ya Chicago, akayaga karahutera ku madirishya...
Umutangabuhamya mu rubanza rwa Kabuga yabajijwe niba aho yari atuye hari abakoranaga n’Inkotanyi
Kuri uyu wa gatatu i La Haye mu Buholandi mu rugereko rwasigaye ruca imanza zitarangijwe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa...
Boss wa Moshions yambika abakomeye ku Isi yaciwe intege ngo ni mugufi bimwongerera imbaraga
Moses Turahirwa, Umunyarwanda w’icyamamare mu guhanga imideri akaba ari nawe washinze inzu izwi ku izina rya “Moshions”. Uyu musore w’icyamamare hari abashobora kwibeshya ko kuba...