Image default
Ubukungu

BNR yazamuye igipimo cy’inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi n’ibigo by’imari iciriritse

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi n’ibigo by’imari iciriritse kiva kuri 4,5% kigera kuri 5%. Bigamije kuyifasha guhangana n’ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku isoko gishobora kugera ku 8% mu mpera za 2022.

Banki Nkuru y’u Rwanda “BNR” yatangaje ko “Mu nama yayo ngarukagihembwe yateranye 15-02-2022, Komite ishinzwe Politiki y’ifaranga muri BNR yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR ho iby’ijana 50 igera kuri 5% ivuye kuri 4.5%, mu rwego rwo gukumira izamuka rikabije ry’ibiciro ku isoko kandi n’izahuka ry’ubukungu rigakomeza gushyigikirwa.”

Related posts

Abantu babarirwa muri za miliyoni babaye aba ‘millionaires’ muri iki gihe cya Covid

EDITORIAL

DAM Bakery’s journey of innovation and impact

EDITORIAL

Imihindagurikire y’ikirere yatunzwe urutoki nk’imwe mu mpamvu zitera amakimbirane yo mu miryango

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar