Image default
Amakuru

RDF ifite umuvugizi mushya

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize Brigadiye Jenerali (Brig Gen) Patrick Karuretwa umuvugizi mushya w’ingabo z’u Rwanda (RDF).

RDF yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko Brig Gen Karuretwa “azakomeza no gukora inshingano nk’Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga mu bya Gisirikare muri Minisiteri y’Ingabo”.

Brig Gen Karuretwa asanzwe ari na Perezida w’urukiko rukuru rwa gisirikare.

Asimbuye kuri uwo mwanya Brig Gen Ronald Rwivanga, mu kwezi gushize watangiye imirimo nk’umukuru w’umutwe w’umuryango w’Afurika y’uburasirazuba wo gutabara aho rukomeye, Eastern Africa Standby Force.

Related posts

Ibihugu 170 biri mu Rwanda mu nama yiga ku iterambere ry’umugore

EDITORIAL

Covid -19: Ubukene bukabije muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara

EDITORIAL

Abanyamakuru barasabwa gukoresha imbuga nkoranyambaga batanga amakuru ku bibazo byugarije umuryango-Video

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar