Image default
Politike

Mwitegure impinduka ku musoro ku mitungo itimukanwa

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yatangarije  RBA ko bitarenze uku kwezi kwa mbere haba hamaze kumenyekana impinduka ku musoro ku mitungo itimukanwa. Ni nyuma y’aho abantu mu ngeri zinyuranye bagaragaje ko uyu musoro uri hejuru cyane.

Image                                                                     Dr Uzziel Ndagijimana

Mu kiganiro Perezida  Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru n’abaturage, ku wa 21 Ukuboza 2020, ikibazo cy’imisoro ku mutungo utimukanwa yiyongereye ni kimwe mu byo yagejejweho. Icyo gihe Minisitiri Ndagijimama yavuze ko izo mpungenge z’abaturage zatangiye gusuzumwa.

Minisitiri Ndagijimana yavuze ko imisoro nigabanuka abamaze gusora na bo bazitabwaho, amafaranga azaba arengaho akazaherwaho mu misoro y’umwaka ukurikiyeho.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Abanyarwanda bose basabwe kwambara agapfukamunwa no mu rugo

Emma-marie

U Burundi bwashyirikije u Rwanda abarwanyi 11 bo mu mutwe w’iterabwoba wa FLN

EDITORIAL

Kwibuka 26: Twasuye Mamashenge, umwana ugaragara muri video irimo ubuhamya bukomeye

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar