Image default
Politike

Perezida Macron ntakiri mu Rwanda -Amafoto

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.

Image

Tariki 27 Gicurasi 2021, nibwo Perezida Macron yasesekaye ku Kibuga cy’Indege cya Kigali, ari kumwe n’itsinda ayoboye mu ruzinduko rufite amateka hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Gicurasi, akaba yaherekejwe na Perezida Paul Kagame, akaba akomereje uruzinduko rwe muri Afurika y’epfo.

Image

Mu ijambo rya Macron ryari ritegerejwe na benshi, yavuze  ibitarigeze bivugwa  n’abandi baperezida  b’ u Bufaransa bamubanjirije mu myaka 27 ishize nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, asaba imbabazi abakiriho barokotse jenoside mu Rwanda, yemera ko igihugu cye cyayigizemo uruhare rwa politiki. Ni ibintu bitigeze bikorwa n’undi muperezida w’u Bufaransa mu bamubanjirije bose.

Image

Image

Izindi nkuru wasoma ku ruzinduko rwa Perezida Macron: https://iribanews.rw/2021/05/27/perezida-emmanuel-macron-yageze-mu-rwandaamafoto/

Perezida Macron yasabye imbabazi abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda

Gushyikiriza ubutabera abagize uruhare muri Jenoside bidegembya mu Bufaransa byahawe umurongo

Patriots yegukanye intsinzi mu mukino warebwe na Kagame na Macron

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Abakoraga ‘Decoration’ mbere y’umwaduko wa Covid-19 barataka igihombo

Emma-marie

Abadepite batangiye gusuzuma umushinga w’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga

EDITORIAL

Akari ku mutima wa EAC ku ifungurwa ry’umupaka wa Gatuna

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar