Image default
Amakuru

AstraZeneca yo mu Buhinde “ntiyemewe”ku rupapuro rw’inzira rw’ i Burayi

Hari impungenge ko umugambi w’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi ‘EU’ wo gutanga urupapuro rw’inzira rw’abakingiwe Covid-19, ushobora kugonga abantu bahawe urukingo rwa AstraZeneca rwakorewe mu Buhinde. Ni mu gihe nyinshi mu nkingo zatanzwe n’umugambi wa Covax wo gusaranganya inking mu bihugu bikennye zavuye mu Buhinde.

BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko Umukuru w’umugambi wo gusaranganya inkingo mu Muryango w’Ubumwe bw’Afurika (Union Africaine/African Union), Dr Ayoade Alakija, yabwiye ikiganiro cya ‘BBC Focus on Africa’ ko  EU nigira abo iha akato kubera aho urukingo bahawe rwakorewe, azaba ari igikorwa kitanyuze mu mucyo.

AstraZeneca

Yakomeje avuga ko  ‘uko byumvikana hari inzira ebyiri z’inkingo.” EU ishyize imbere kuva kuwa kane gushyiraho urupapuro rw’ikoranabuhanga rw’abakingiwe Covid-19 (Digital Covid Certificate) ariko inking enye zonyine zakorewe mu bihugu by’iburayi nizo zemewe.

Iriba.news@gmail.com

 

 

 

 

 

Related posts

Amagi y’isazi yitezweho kuzakemura ikibazo cy’ibiryo by’amatungo mu Rwanda

EDITORIAL

Abadepite basabye RALGA kugaragaza abashyira abakozi mu kazi batsinzwe ibizamini

Emma-marie

“Gukuraho isakaro rya asbestos bizaba byarangiye muri Kamena 2023”

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar