Image default
Politike

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura

Ubutumwa bushyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe buragira buti “Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu.”

Image

Image

Image

Iyi nkuru turacyayikurikirana 

Related posts

Gen Kabarebe yabwiye urubyiruko ko umuyobozi mwiza adacika intege imbere y’ibibazo

EDITORIAL

Perezida Kagame yasabye ibihugu bya Afurika guharanira kwihaza mu bikoresho byo kwa muganga

EDITORIAL

Mu Rwanda, imipaka n’ingendo zihuza uturere n’imijyi byafunzwe

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar