Image default
Politike

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura

Ubutumwa bushyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe buragira buti “Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu.”

Image

Image

Image

Iyi nkuru turacyayikurikirana 

Related posts

Perezida Kagame yahakanye ko nta musirikare wa RDF urwanira ku butaka bwa RDC

Emma-marie

Green Party expresses confidence ahead of 2029 elections

EDITORIAL

Ukraine-Russia: U Rwanda mu bihugu byatoye ko u Burusiya bushyirwa mu kato

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar