Image default
Politike

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura

Ubutumwa bushyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe buragira buti “Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu.”

Image

Image

Image

Iyi nkuru turacyayikurikirana 

Related posts

U Burundi bwafunguye imipaka ibuhuza n’u Rwanda

EDITORIAL

U Rwanda rwahakanye ibyo rushinjwa na DR Congo

EDITORIAL

“Politiki y’amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside ntaho yamenera mu Rwanda”

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar