Abashinjacyaha hafi 30 b’Amerika binjiriwe muri konti zabo za email zo ku kazi mu gitero gikaze cy’abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) cyabaye mu...
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple ku isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yifuje ko uku kwezi kwa munani (Kanama) kwazabera abantu ukwezi kw’ibyishimo. Yagize ati :...
Ikiza cya Covid cyabonetse bwa mbere mu mujyi wa Nanjing mu Bushinwa ubu cyageze mu ntara eshanu no mu murwa mukuru Beijing, igitangazamakuru cya leta...
Inzobere mu bijyanye n’imirire zivuga ko kunywa amazi muri rusange ari ingenzi ku buzima, ariko kandi kunywa amazi y’akazuyazi mu gitondo bigira uruhare mu kurinda...
Kenya yagiranye amasezerano n’Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n’abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza. Minisitiri w’umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza Sajid...
Barack Obama wahoze ari perezida wa Amerika yashoye imari muri NBA Africa aho avuga ko ari ubufatanye yizeye ko buzungura urubyiruko mu bihugu byinshi. Itangazo...