Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA cyatangaje ko ku bufatanye n’ikigo BioNTech cyo mu Budage, mu 2022 mu Rwanda hazatangira gukorerwa inkingo zirimo iz’igituntu...
Agnes Sithole yabaye intwari ku bagore ibihumbi amagana b’abirabura muri Africa y’Epfo. Ku myaka 72, yareze umugabo we mu rukiko ngo amubuze kugurisha inzu yabo...
Umugabo wo mu Karere ka Ngororero yagerageje kwica umugore utari uwe bivugwa ko bari bafitanye ubucuti amukase ijosi, maze na we yikata ijosi ariko bose...
Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Kanama 2021, rwanze icyifuzo cyatanzwe na Agatha Kanziga, cy’uko atakurikiranwa ku ruhare...
Hari bamwe mu Bakristo bo mu madini n’amatorero atandukanye hirya no hino mu Gihugu bavuga ko Imana ibinyujije mu bahanuzi yababujije kwikingiza Covid-19 ngo kuko...
Tariki ya  26/08/2021, Ubushinjacyaha bwagejeje imbere y’Urukiko umugore w’imyaka 47 y’amavuko, ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Kigoma,  bumusabira gufungwa by’agateganyo...
Umugabo witwa Ndahayo Jean Claude wari utuye mu Murenge wa Kavumu yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi mike avuzweho kwica umugore na we akaburirwa irengero bigakekwa ko...