Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna. Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari “urukundo rw’ubuzima bwanjye”....
Inzobere mu bijyanye n’ubuvuzi bw’indwara zo mu gutwi zivuga ko ubukurugutwa budakabije atari umwanda ahubwo bufatiye runini ubuzima bwo mu gutwi, bagatanga n’inama zijyanye n’uburyo...
Ubwo Jay Polly umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda yagezwaga imbere y’ubutabera kubera ko iwe hafatiwe urumogi, umushinjacyaha yagaragaje ko abaganga bapimye uyu muhanzi n’abandi bari kumwe...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ashaka kubona urubanza rutabogamye kuri Paul Rusesabagina uregwa ibyaha by’iterabwoba. Rusesabagina azwi ku isi kubera filimi Hotel Rwanda ya Hollywood...
Kuwa mbere itsinda ry’abantu ryagiye mu rukiko muri Kenya gusaba ko bemererwa gukoresha urumogi ku mpamvu “z’ukwemera” kwabo. Abagize Rastafari Society of Kenya, bavuga ko...
Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Mininfra yatangaje ko hakozwe inyigo igaragaza ko hari ibirarane bya miliyari zigera kuri 17 zifitiwe abaturage, hakaba harimo gushakwa uko bakwishyurwa. Byagarutsweho kuri...