Mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, hari abayobozi bakomeye hamwe n’abantu b’ibyamamare bagiye bashyirwa mu majwi ko baciye inyuma abo bashakanye, ibi bigatera impaka ndende...
Mu mupira w’amaguru, hari abakinnyi bamenyekanye cyane kubera ubuhanga bwabo, bagashyira izina ryabo ku rutonde rw’abahanzwe amaso ku isi hose. Muri uyu mwaka wa 2024,...
Bamwe mu baturage bavuga ko ibiciro bihanitse by’ibiribwa byadindije ibikorwa by’iterambere bari bafite, yewe ngo na bamwe mu bakorera umushahara uciriritse ntibakibasha no kwizigamira. Ibiribwa...
Abaturage bo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi, baribaza aho ubwato bushya baherutse gushyikirizwa buri kuko baheruka kubuca iryera umunsi babushyikirizwaga, gusa akarere...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka ku buhinzi mu Rwanda – NAEB butangaza ko umusaruro uva mu buhinzi bw’ikawa ishobora kongerwa ukava ku...
Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bwo konsa bufite insanganyamatsiko igira iti “umwana wonse neza ni ishema ryange” , ku bufatanye na USAID/Gikuriro Kuri Bose, mu Karere ka...
Ababyeyi barerera muri Wisdom School ishami rya Rubengera mu Karere ka Karongi bishimira ko mu bumenyi abana babo bahabwa ku isonga harimo n’indimi ubu abana...