Author : EDITORIAL
Papa Francis yasabye amahanga guhagarika ‘kuniga’ Afurika
Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika Papa Fransisko ari mu ruzinduko agirira mu bihugu bibiri by’Afurika. Yatangiriye urwo ruzinduko muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo. Ni...
Urutonde rw’ibihugu bitarimo amahoro mu Isi
Mu bihugu bitandukanye ku isi haracyarangwa intambara, amakimbirane n’ibindi bibuza abantu gutekana, icyegeranyo cya 2022 cyerekana ko amahoro ku isi yagabanutseho 0.3% ugereranyije na 2021....
Ikibuye cya rutura cyahushije Isi
Ibuye ryo mu kirere ritari rito (asteroid) ryatambutse hafi y’isi mu masaha yashize. Iri buye rizwi nka 2023 BU, rifite ubunini nk’ubw’imodoka ya minibus, ryaciye...
Africa: Business zikoresha ‘social media’ cyane kurusha ahandi hose ku isi – Raporo
Ubushabitsi (businesses) muri Africa bukoresha imbuga nkoranyambaga kurusha izindi kompanyi z’ahasigaye hose ku isi, nk’uko raporo nshya ibitangaza. Hafi 75% bya kompanyi zo muri...
Rwongeye kwambikana hagati ya M23 n’Ingabo za Leta ya Congo
Imirwano “ikomeye” yubuye mu gitondo cyo kuwa kabiri mu gace ko hafi y’umujyi wa Kitchanga hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta. Umunyamakuru uri mu...
Hatangiye iperereza ku ihohoterwa ryakorewe Salma Mukansanga
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ririmo gukora iperereza ku ihohoterwa ryakorewe umusifuzi Salma Mukansanga ku mukino yasifuye muri weekend ishize. Mukansanga, ni umusifuzi mpuzamahanga...
Bamporiki yakatiwe
Urukiko rukuru rwahanishije Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umuco igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu y’amafaranga milioni 30. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha...