Author : EDITORIAL
Ikibuye cya rutura cyahushije Isi
Ibuye ryo mu kirere ritari rito (asteroid) ryatambutse hafi y’isi mu masaha yashize. Iri buye rizwi nka 2023 BU, rifite ubunini nk’ubw’imodoka ya minibus, ryaciye...
Africa: Business zikoresha ‘social media’ cyane kurusha ahandi hose ku isi – Raporo
Ubushabitsi (businesses) muri Africa bukoresha imbuga nkoranyambaga kurusha izindi kompanyi z’ahasigaye hose ku isi, nk’uko raporo nshya ibitangaza. Hafi 75% bya kompanyi zo muri...
Rwongeye kwambikana hagati ya M23 n’Ingabo za Leta ya Congo
Imirwano “ikomeye” yubuye mu gitondo cyo kuwa kabiri mu gace ko hafi y’umujyi wa Kitchanga hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta. Umunyamakuru uri mu...
Hatangiye iperereza ku ihohoterwa ryakorewe Salma Mukansanga
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ririmo gukora iperereza ku ihohoterwa ryakorewe umusifuzi Salma Mukansanga ku mukino yasifuye muri weekend ishize. Mukansanga, ni umusifuzi mpuzamahanga...
Bamporiki yakatiwe
Urukiko rukuru rwahanishije Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umuco igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu y’amafaranga milioni 30. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha...
Bugesera: Baratabariza abana b’abakobwa batanu baba bonyine bataruzuza imyaka y’ubukure
Abaturage bo mu Mudugudu wa Mukoma, Akagali ka Nyabagendwa mu Murenge wa Rilima, Akarere ka Bugesera, baratabariza abana batanu b’abakobwa bibana mu nzu aho umukuru...
Cameroun: Umunyamakuru wari waraburiwe irengero yasanzwe yarapfuye
Umunyamakuru wa radio uzwi cyane muri Cameroun basanze umurambo we hanze gato y’umurwa mukuru Yaoundé nyuma y’uko abuze mu gisa no gushimutwa kuwa kabiri ushize....
Umu-Tanzania warwaniraga abacancuro ba Wagner yaguye muri Ukraine
Nemes Tarimo, umuturage wa Tanzania w’imyaka 33 warwaniraga muri Ukraine ari ku ruhande rw’itsinda ry’abacancuro ba Wagner yapfuye mu Ukwakira(10) gushize ari ku rugamba, nk’uko...
Umutegetsi yeguye avuga ko nta ngufu asigaranye zo gutegeka
Jacinda Ardern yavuze ko mu kwezi gutaha azegura ku mwanya wa minisitiri w’intebe wa New Zealand kuko “nta ngufu asigaranye” zo gutegeka. Jacinda yagize...