Nyuma yo gutangaza ko azaba umukandida perezida mu matora yo mu Ukuboza 2023, Moïse Katumbi yabaye ikiganiro mu mpande zose za DR Congo kuva abitangaje...
Kompanyi yo muri Nigeria yitwa Klasha yashyizeho itegeko rishya ryemerera abakozi bayo gufata ikiruhuko mu gihe bari mu mihango. Bivugwa ko ariyo kompanyi ya mbere...
Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) yashinje abasirikare ba Eritrea kwica nyirarume mu ntambara yashegeshe akarere ka Tigray ko mu majyaruru ya Ethiopia....
Umunyarwanda Suedi Murekezi ufite ubwenegihugu bw’Amerika wari ufungiye mu Burusiya kuva mu kwezi kwa gatandatu umwaka ushize, ni umwe mu mfungwa zari zahawe Ukraine. Perezida...
Kuri uyu wa Gatatu, u Bwongereza bwasabye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo guhagarika gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ndetse n’ubwicanyi bwibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda. Nta...
Vatican ntirigera yemerera abagore kuba abapadiri, ariko hari inkubiri iri kuzamuka yo guca iki cyemezo. Abagore bagera kuri 250 batoranyijwe kugirwa abapadiri mu ibanga, nubwo...
Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko afite “Ibiro by’umukobwa wa Perezida”...