Walter Cunningham umuhanga mu by’isanzure w’umunyamerika wari usigagaye mu bari bagize ubutumwa bwa NASA bwa mbere bwerekanywe burimo kuba kuri television, yapfuye ku myaka 90....
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yakomoreye amashyaka ya politiki mu bijyanye na mitingi, zari zaciwe n’uwo yasimbuye. Perezida Hassan yabivugiye mu ngoro ya Leta,...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yibukije Abanyarwanda ko hasigaye umwaka umwe gusa gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi (NST1) ikarangira, yongeraho ko hari intambwe ishimishije yatewe...
Papa Benedigito wahoze ari umushumba wa Kiriziya Gatorika “Ararembye”. Umushumba wa kiriziya gatorika, Papa Fransisiko uyu munsi kuwa gatatu, yavuze ko, Papa Benedigito arwaye cyane....
Umuraperi Tory Lanez yahamwe no kurasa mugenzi we icyamamare muri hip-hop Megan Thee Stallion mu 2020. Inteko y’abacamanza i Los Angeles yahamije icyaha uwo munya-Canada...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko kuyishinja gufasha inyeshyamba zo muri DR Congo za M23 “atari byo kandi biyobya” ku “mpamvu nyakuri” y’amakimbirane mu burasirazuba bwa...
Abahanga mu by’amateka bo mu Bufaransa bari mu Rwanda, aho baje guhugura abakozi ba Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (Minubumwe ) ndetse n’abafatanyabikorwa bayo ku...
Minisitiri w’intebe w’Ubuholandi, Mark Rutte, uyu munsi yasabye imbabazi, mu izina ry’igihugu cye, ku ruhare cyagize mu mateka y’ubucakara bw’Abanyafrika. Abahanga mu by’amateka bavuga ko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 19 Ukuboza 2022, u Rwanda rwakiriye itsinda ry’abayobozi mu nzego zitandukanye za Leta y’u Burundi, muri gahunda...