Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yahaye gasopo iy’Ubumwe bw’Uburayi

EDITORIAL

Isomo DGPR-Green Party yakuye mu matora yo mu 2017 ryatumye ifata ingamba zikomeye

EDITORIAL

Covid -19: Icyo Perezida Kagame avuga ku muti watangajwe na Madagascar

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar