Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

RALGA yagaragaje ingaruka Covid-19 yagize ku Nzego z’Ibanze

EDITORIAL

Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yahaye gasopo iy’Ubumwe bw’Uburayi

EDITORIAL

Imfungwa n’abagororwa babayeho bate muri ibi bihe bya Covid-19?

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar