Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

Mu 2029 Abanyarwanda bazaba binjiza amafaranga menshi kurusha ubu

EDITORIAL

Uhagarariye Congo muri UN yashinje u Rwanda gutwara ‘Ingagi n’inguge’ zabo

EDITORIAL

Aho urubanza rwa Kabuga ruzabera hamenyekanye

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar