Image default
Politike

Busingye Johnston ntakiri Minisitiri

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo 111 iya 112 n’iya 116, Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yashyizeho abayobozi.

Johnston Busingye wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, yagizwe uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.

Image

 

 

 

Related posts

Gukora ibyiza ni byo bizaturinda abo bose batwifuriza inabi- Perezida Kagame

EDITORIAL

Igihe inkingo za Covid-19 zizatangirira gukorerwa mu Rwanda cyamenyekanye

EDITORIAL

Guma mu rugo yongerewe iminsi 15

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar