Papa Benedigito wahoze ari umushumba wa Kiriziya Gatorika “Ararembye”. Umushumba wa kiriziya gatorika, Papa Fransisiko uyu munsi kuwa gatatu, yavuze ko, Papa Benedigito arwaye cyane....
Umuraperi Tory Lanez yahamwe no kurasa mugenzi we icyamamare muri hip-hop Megan Thee Stallion mu 2020. Inteko y’abacamanza i Los Angeles yahamije icyaha uwo munya-Canada...
Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) yashinje abasirikare ba Eritrea kwica nyirarume mu ntambara yashegeshe akarere ka Tigray ko mu majyaruru ya Ethiopia....
Umunyarwanda Suedi Murekezi ufite ubwenegihugu bw’Amerika wari ufungiye mu Burusiya kuva mu kwezi kwa gatandatu umwaka ushize, ni umwe mu mfungwa zari zahawe Ukraine. Perezida...
Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko afite “Ibiro by’umukobwa wa Perezida”...
Sim Ngezahayo, Umunyarwanda uba muri Canada yanditse Igitabo yise ‘Essentials of Career Management for Language Professionals’ cyafatwa nk’igishushanyombonera ku bakora umwuga wo gusemura indimi cyangwa...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Africa y’Epfo ari kugerageza kwirwanaho nyuma yo gukomeretswa n’ibirego ko yahishe amafaranga menshi mvamahanga mu misego y’intebe mu rugo rwe rwo...
Umushinjacyaha mukuru wa Angola Helder Pitta Groz yemeje ko iki gihugu cyatanze impapuro mpuzamahanga zo guta muri yombi Isabel dos Santos umukobwa w’uwahoze ari perezida...