Britney Spears agiye kwandika igitabo ku buzima bwe kivuga byose ntacyo aciye ku ruhande
Umuhanzi w’Umunyamerika Britney Spears yemeje ko ari muri gahunda yo kwandika igitabo, ahamya atyo amakuru yari aherutse gutangazwa mu bitangazamakuru byo muri Amerika ko ashaka...