Samia Suluhu Hassan ni perezida wa gatandatu wa Tanzania, na perezida wa mbere w’umugore wa Tanzania. Mu mezi ane gusa ku butegetsi hari ibigaragara yahinduye,...
Barack Obama wahoze ari perezida wa Amerika yashoye imari muri NBA Africa aho avuga ko ari ubufatanye yizeye ko buzungura urubyiruko mu bihugu byinshi. Itangazo...
Imiryango 28 yo mu Karere ka Rulindo ifite abarwaye Covid-19 yahawe inkunga y’ibiribwa na Manzi Fondation, abantu 200 batishoboye bahabwa udupfukamunwa mu rwego rwo gukomeza...
Padiri Ntiyamira Fidele de Charles wo muri Diyoseze ya Byumba yandikiye umushumba we amumenyesha ko asezeye ku muhamagaro wo kuba padiri ayobotse uwo gushaka. Mu...
Umugabo wo mu Karere ka Gatsibo aratabariza umugore we urwaye igisebe ku myanya ndangagitsina ‘cyafashe ku gitsina no mu mayasha’ ubu akaba arembeye mu Bitaro...
Mike Karangwa yijeje Abanyarwanda ko Irené Mulindahabi natamusaba imbabazi azamugeza mu butabera. Ni ko byagenze, abagenzacyaha binjiye muri dosiye. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Dr Thierry Murangira...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron ni umwe mu bategetsi benshi bo ku isi byemezwa ko bagambiriwe mu butasi bwo kwinjira muri telefone zabo hakoreshejwe ‘software’ ya...