Image default
Abantu

Rekeraho Emmanuel yarongoye umukobwa wa Sina Gerard (Amafoto)

Dr Rekeraho Emmanuel umuyobozi akaba na nyirikigo Eden Business center Ltd yarongoye umukobwa wa Sina Gerald witwa Uwitonze Sina Carine.

Tariki ya 5 Kanama nibwo aba bombi basezeranye imbere y’amategeko mu birori byitabiriwe n’abantu bacye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.

Mu kiganiro kigufi yagiranye na IRIBA NEWS, Rekeraho yavuze ko imihango yindi yabaye mbere. Ati “Tuzakora ubukwe bwa benshi corona nirangira.”

Rakeraho Emmanuel ni umwe mu bashoramari b’abanyarwanda bamaze kuba ibirangirire, uretse kuba ari ny’iri Business center Ltd akora n’ibindi bikorwa by’ubushabitsi bitandukanye, akaba yarigeze no kuyobora Urugaga Nyarwanda rw’abavuzi gakondo.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Ethiopia: Umuhanzi wari ukunzwe cyane yishwe arashwe urufaya rw’amasasu

Emma-marie

Kamonyi: Abagore batishoboye bahawe igishoro na Manzi Fondation

EDITORIAL

Wari uziko Umwamikazi Elizabeth II yizihiza isabukuru 2 mu mwaka?

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar