Uruganda Johnson & Johnson (J&J) kuva mu mwaka utaha ruzahagarika gucuruza iyi puderi y’abana ikorwa ahanini mu kinyabutabire cya talcum. Iyi puderi iracyakoreshwa na benshi...
Inkuru ikomeje kuvugwa mu Karere ka Rubavu ni iy’abayobozi bahagaritswe ku mirimo kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama 2022, muri bo harimo abagitifu hamwe...
Mu bice bitandukanye by’Igihugu hari abaturage bavuga ko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryagize ingaruka mu iterambere ry’imiryango yabo bitewe n’uko basobanukiwe akamaro ko gukorera hamwe no...
Ikigo k’igihugu gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda (REG), cyatangaje ko akarere ka Nyaruguru ko mu ntara y’amajyepfo kaza ku isonga ku isonga mu kugira...