Mu karere ka Rubavu byumwihariko mu mujyi wa Gisenyi haravugwa ikibazo cy’ibura ry’amagi, magingo aya igi rimwe ry’inkoko ya Pondeze rikaba riri kugura 200Frw rivuye...
Hashize iminsi bamwe mu batuye mu karere ka Rubavu mu Murenge wa Rubavu by’umwihariko mu Tugari twa Murara na Gikombe bataka ikibazo cy’ubujura bw’ibitoki, ubuyobozi...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), Louise Mushikiwabo, yatangaje ko u Rwanda rwamaze kumutanga ho umukandida muri manda ya kabiri, yo kuyobora uyu muryango....
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, abakunzi b’ibirori mu Karere ka Rubavu bari babukereye baziko bagiye kwidagadua bigatinda, ariko siko byagenze kuko Ubuyobozi bw’Akarere ka...
Bamwe mu batuye mu Karere ka Rutsiro mu Mirenge ya Manihira, Gihango na Rusebeya bavuga ko bahangayikishijwe n’insoresore ziba zanyoye ibisindisha zibategera mu nzira zikabakubita...
Abatuye mu karere ka Huye, kuri ubu bafite ibyishimo ndetse n’akanyamuneza k’ubw’inyungu batangiye kubona mu mushinga mugari wo kuvugurura sitade ya Huye, ikaba mpuzamahanga, ariko...
Bamwe mu baturage bo mu mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Janja bemeza ko ubuharike bwabaye umugani kubera ubuyobozi bwiza bwabafashije guhindura imyumvire. Ikibazo...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yagaragarije urubyiruko ruturutse mu bihugu 13, ko ibyasaga n’ibidashoboka byakozwe n’Inkotanyi byatumye u Rwanda rwongera kugira...
Guverinoma yatanze amezi 3 ku bacuruza ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga yo kuba bamaze kubisabira uruhushya. Ibi ni ibikubiye mu mabwiriza mashya agenga ubucuruzi bw’ibikoresho by’amashanyarazi...