Abakozi ba Leta muri Zimbabwe basabwe guhitamo kwikingiza Covid-19 cyangwa bakareka akazi, iki cyemezo ngo kigamije guhwitura abakomeje kwinangira. Mu kiganiro yatanze kuri radio y’Igihugu,...
Bitunguranye Perezida Alpha Conde yahiritswe ku butegetsi kuri iki cyumweru ahita atabwa muri yombi n’abasirikare bo mu rwego rudasanzwe, Groupement des Forces specials (GPS) ruyobowe na...
Saadi Gaddafi, umuhungu wa Mouammar Gaddafi wahoze ari Perezida wa Libye, yafunguwe nyuma y’imyaka irindwi mu gihome. Kuri iki cyumweru Minisiteri y’Ubutabera muri Libye yatangaje...
Perezida mushya wa Zambia yabwiye BBC ko yashyikirijwe ikigega cya Leta kirimo ‘ubusa’ mu gihe hari amafaranga ‘ateye ubwoba’ yibwe. Perezida Hakainde Hichilema wagiye ku...
Igisirikare cy’Amerika kivuga ko cyizeye ko cyishe ucura imigambi wo mu ishami ryo muri Afghanistan ry’umutwe wiyita leta ya kisilamu, mu gitero cy’akadege katagira umupilote...
Aba Taliban baherutse “kwica” no gukorera iyicarubozo (kuboreza igufa mu Kirundi) rikomeye abantu benshi bo mu bwoko bwa ba nyamucye bwa Hazara muri Afghanistan, nkuko...
Uganda yatangaje ibihe bidasanzwe by’ubuzima nyuma y’uko abahanga babonye imbasa mu bipimo byo mu makusanyirizo y’imyanda y’amazi mu murwa mukuru Kampala. Mu 2006, iki gihugu...