Uganda yatangaje ibihe bidasanzwe by’ubuzima nyuma y’uko abahanga babonye imbasa mu bipimo byo mu makusanyirizo y’imyanda y’amazi mu murwa mukuru Kampala. Mu 2006, iki gihugu...
Mu gihe Amerika ikomeje gukura abayo mu murwa mukuru Kabul wa Afghanistan, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje guhererekanywa amafoto ya kajugujugu ihungisha abantu ibakura muri ambasade...
Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema. Bwana Hichilema yatsinze mukeba we...
Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byarozwe mu majyaruguru ashyira uburengarazuba bwa Nigeria. Byabaye mu gace k’icyaro kitwa...
Perezida wa Tanzania avuga ko kuko ari umugore hari abantu bashidikanyaga ko ashoboye gutegeka ubwo yagirwaga Perezida. Samia Suluhu Hassan yabwiye BBC ati: “Bamwe ntibumva...
Urukiko rwo muri Ghana rwatesheje agaciro ikirego ku bantu 21 bari bafunzwe mu kwezi kwa gatanu ubwo bari bitabiriye inama y’impirimbanyi ziharanira uburenganzira bw’abatinganyi n’abakorana...