By Guan jintai According to the latest statistics, the pandemic in South Africa is in a critical situation, with 3754 newly confirmed cases everyday and...
Koreya ya ruguru mu minsi ishize yashyizeho itegeko rishya rigamije guhagarika uburyo bwose ibyo hanze byagira ingufu mu gihugu rihana bikomeye uwo ari we wese...
Kompanyi y’ikoranabuhanga Facebook Inc yahagaritse mu gihe cy’imyaka ibiri konti zo kuri Facebook na Instagram z’uwahoze ari Perezida w’Amerika Donald Trump. Mu kwezi kwa mbere...
Roman Protasevich umunyamakuru wo muri Belarus wafatiwe mu murwa mukuru Minsk avanywe mu ndege yayobejwe mu kwezi gushize, yabonetse kuri televiziyo y’igihugu mu kiganiro kirimo...
Ikigo cy’ubutasi cya Denmark cyafashije Amerika kuneka abategetsi b’i Burayi barimo n’umukuru w’Ubudage Angela Merkel guhera mu mwaka wa 2012 kugeza mu 2014, nkuko amakuru...
Leta y’Ubudage yemeje inkunga yo mu rwego rw’iterambere irenga miliyari imwe y’amadolari y’Amerika igenewe Namibia, mu itangazo yasohoye yemera jenoside yakozwe n’abakoloni b’Abadage ku basangwabutaka...
Urukiko rwa gisirikare mu murwa mukuru Kampala rwarekuye by’agateganyo abantu 17 bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi National Unity Platform rikuriwe na Bobi Wine. Aba...