Abagana Hoteli na Resitora zo mu Rwanda, bagiye kujya babanza gupimwa Covid-19 ku bishatse mbere yo guhabwa serivisi. Ku ikubitiro iyi gahunda izatangirira kuri hoteli...
Inzobere mu bijyanye n’imirire zivuga ko kunywa amazi muri rusange ari ingenzi ku buzima, ariko kandi kunywa amazi y’akazuyazi mu gitondo bigira uruhare mu kurinda...
Abantu 22 bishwe na Covid ku wa mbere, umubare munini mushya wa benshi bapfuye ku munsi umwe kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda. Minisiteri y’Ubuzima...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziravuga ko kuva icyorezo cya COVID19 cyagera mu Rwanda,  ukwezi gushize kwa Gatandatu ariko kwabaye kubi kurusha ikindi gihe, ari nayo...
Abantu batandukanye bakunze kuvuga ko kurya ninjoro ari bibi bagatanga impamvu y’uko bitera umubyibuho, bibuza gusinzira n’ibindi. Inzobere mu bijyanye n’imirire zivuga ko nta mpamvu...
Inzobere mu bijyanye n’indwara ya kanseri zivuga ko abagore/abakobwa bambara amasutiye abahambiriye amabere baba bikururira ibyago byo kurwara kanseri ‘cancer’ ifata amabere. Isutiye ni umwambaro...