Rwanda: “Mu minsi iri imbere utarakingiwe Covid-19 hari aho atazemererwa kwinjira”
Minisiteri y’u Buzima mu Rwanda irakangurira abantu kwitabira kwikingiza kuko hari igihe kizagera umuntu akajya abazwa ko yikingije mbere yo kwinjira aho akorera n’ahandi hahurira...