Image default
Ubuzima

Ibitaro bya MBC biherereye mu Biryogo byafunzwe

RBA yatangaje ko MINISANTE yafunze MBC Hospital iherereye muri Nyarugenge mu Biryogo nyuma yaho ikoze ubugenzuzi igasanga hari amakosa akomeye yatuma iri vuriro rifungwa. Iki cyemezo kirubahirizwa guhera tariki 6 Ukwakira 2021. Iri vuriro ryatangiye muri 2018.

Tariki 18/9/2021, nibwo Minisiteri y’Ubuzima yafashe icyemezo cyo gufunga ibitaro bya Baho  International Hospital nyuma y’iminsi micye haguye umurwayi.

Iriba.news@gmail.com

 

 

Related posts

“Umwaka utaha mu Rwanda hazatangira gukorerwa inkingo”

EDITORIAL

Coronavirus ishobora kurangira mu myaka ibiri-OMS

Emma-marie

Impinduka ku mikorere y’igitsina cy’umugore ugeze igihe cyo gucura

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar