Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe ubuzima bwo mu kanwa, Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda irakangurira abantu kwita ku isuku yo mu kanwa kuko kutabikora bishobora kubakururira...
Umukozi mukuru w’ishami rya UN rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO arasaba leta z’ibihugu bya Africa kudatakaza icyizere ku rukingo rwa Oxford-AstraZeneca, nyuma y’uko ibihugu byinshi...
Gushyukwa igihe kinini kugeza ubwo ubabara mu kiziba cy’inda ni uburwayi ? Gushyukwa igihe kinini ukageza ubwo ubabara mu kiziba cy’inda ni kimwe mu bibazo...
Mu bitaro bitandukanye hirya no hino mu gihugu kuri uyu wa 5 Werurwe 2021 hatangiye igikorwa cyo gukingira abantu b’ingeri zitandukanye icyorezo cya Covid-19. Ababimburiye...
Indege itwaye doze 240,000 z’urukingo rwa AstraZeneca muri gahunda ya Covax yageze i Kigali mu gitondo kuri uyu wa gatatu, nk’uko bivugwa na minisiteri y’ubuzima....
Duhereye ku rusoro mu nda y’umubyeyi nta tandukaniro riba rihari ku rusoro ruzavamo umukobwa n’uruzavamo umuhungu mbere y’amezi abiri, iyo ari umuhungu ku mezi abiri...